in

Stade yo mu Burundi ikomeje kugereranywa na Arena yo mu Rwanda yatangaje benshi – IFOTO

Uko ibihugu bitandukanye bigenda bitera imbere, ninako birutanywa mu bikorwa remezo bitewe n’icyakoresheje imbaraga nyinshi mu kuzamura ibyo bikorwa remezo.

Ibihugu bikunze guhigana mu iterambere akenshi iyo bituranye, aho usanga abaturage bibyo bihugu baba bahanganye no kuvuga ngo igihugu cyange nicyo kiri imbere.

Urugero twavuga nk’u Rwanda n’u Burundi, ibi nabyo bikunze guhigana.

Kuri ubu u Rwanda rusa nkaho ari rwo ruhiga u Burundi mu iterambere bitewe n’ibikorwa remezo bigenda bigereranywa.

Ubu kumbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amafoto abiri atangaje, imwe ni sitade yakirirwamo imikino ya Basketball mu Rwanda, indi ni iyakirirwaho imikino ya Basketball mu Burundi.

Burundi.
Rwanda

Gusa ugereranyije izi sitade zombi ubona ko bidahura nagato, ndetse ko imwe itagwa mu ntege z’indi.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gervinho ashobora kuza i Nyarugenge! APR FC iri mu biganiro na rutahizamu wanyuze mu makipe nka Arsenal na AS Roma

KNC yabuze imbaraga zo gusoka muri Pelé Stadium kubera agahinda ko gutsindwa na Police FC – VIDEWO