in

”Sheri wanjye yananiwe kunyitaho ndicuruza” inkumi yavuze impamvu ikomeye yamugize indaya

Umukobwa wo muri Nijeriya yagiye kuri internet kugirango avuge uburyo yitabaje kugurisha umubiri we kubera ko umukunzi we yananiwe kumuha ibyo akeneye.

Nk’uko uyu mukobwa abivuga, ntabwo yigeze amadorali 100 kuva batangira gukundana amezi umunani ashize.Yavuze ko yagiye mu buraya kandi ko atabizi, ariko nanone bisa nkaho adashishikajwe no kumenya uko yirwanaho.Yavuze ko yahoze amukunda cyane ariko amaze kubona ko atamwitayeho, yatangiye kumuzinukwa.

Uyu mukobwa yavuze kandi ko atigeze amusaba amafaranga, kandi ko atigeze amuha igiceri na kimwe nubwo yavugaga ko amukunda.

Umukobwa yavuze ko asohoka mu myambarire itandukanye buri munsi nyamara umukunzi we ntabwo yigeze amubaza aho akura amafaranga yo kubigura ndetse ahamya ko ubu abayeho yishimye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Celine Dion uzwi mu muziki ubu yerekeje no mu gukina filime

Abasore 2 bageragezaga kwiba amatara yo kumuhanda umuriro wabakubise bahita bahasiga ubuzima