in

Shangazi Dativa yafashe umugabo we ari gusambana n’umukozi mu bwiherero, amubajije impamvu amuca inyuma amubwira ko we ataciye imyeyo kandi umukozi yarayiciye

Shangazi Dativa yafashe umugabo we ari gusambana n’umukozi mu bwiherero, amubajije impamvu amuca inyuma amubwira ko we ataciye imyeyo kandi umukozi yarayiciye.

 

Mu kiganiro inkuru yanjye umugore uzwi nka Shangazi Dativa yagiranye na Gerald Mbabazi yagarutse ku buryo umugabo we yamucaga inyuma amuziza ko we ataciye imyeyo kandi umukozi akaba yarayiciye.

Shangazi avuga ko umugabo we buri gihe yasohokaga mu nzu saa cyenda z’ijoro akajya ku muca inyuma n’umukozi.

Umunsi umwe nibwo Shangazi yaje gukurikirana umugabo we ubwo yari asohotse, ageze hanze amusanga mu bwiherero ari gusambana n’umukozi.  Ubwo umugore yaratunguwe cyane ndetse n’umukozi abura icyo avuga ariko umugabo we yamubwiye ko umukozi yaciye imyeyo kandi  we akaba atarayiciye.

Ubusanzwe Shangazi Dativa amaze kumenyekana mu kugira inama abashakanye kugirango bajye babasha kunoza neza inshingano z’urugo, hatazagira no guhemukirana kwa hato na hato bagirana.

Uyu mugore avuga ko ahanini kuba yarahisemo kugirana inama z’abashakanye muri ibyo bintu ari uko azi aho byamugejeje kuko atari azi ibyo guca imyeyo.  Reba Videwo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’i Kigali bamuhaye ibihumbi 500 rfw ngo ajye kuryamana na Yago ubundi amucunge amufate videwo y’ubwambure bwe maze Yago bahite bamwicira ahazaza

Musanze yatangiye shampiyona isaza imigeri ubu yagizwe insina ngufi