in

ShaddyBoo yateranye amagambo n’abasore,nyuma yo kubibasira.

Abiganjemo ab’igitsina gabo bateranye amagambo na Shaddyboo nyuma yaho abibasiye ababwira ko amagambo bagira bayavunjemo amatafari baba bafite imiturirwa.

Ibi Shaddyboo yabitangaje ku rukuta rwe rwa Twiiter aho yatangiye avuga ko abasore bakoresha uru rubuga bagira amagambo menshi ko iyo aba ari  amatafari bari kuba barubatse amazu menshi.

Shaddyboo yagize ati:”Abasore bari hano kuri Twitter, Amagambo mugira iyo azakuba ari amatafari ,mwese muba mufite ama building. 🏃‍♀️🏃‍♀️”

Nyuma y’aya magambo bamwe mu basore batangiye kumubwira nabi bamubaza niba akeka ko nta nzu bagira, cyangwa niba barabuze ayo gukodesha amazu.Hari n’uwamubwiye ko iyo na we atagira amabuno yari kuba ari umutindi.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza ku mukinnyi Muhire Kevin.

Amagambo aryoshye y’urukundo Clarisse Karasira n’umugabo we babwiranye.