in

ShaddyBoo yahaye impanuro zikomeye umuntu wese ushaka icyubahiro.

ShaddyBoo yavuze inama zishobora gufasha umuntu wese ushaka kubahwa mu buzima busanzwe. Ntibyari bisanzwe ko ShaddyBoo atanga ubutumwa buhanura abantu kuko inshuro nyinshi ashyira ku mbuga ze bimwe mu byo yamamaza, ari kubyina zimwe mu ndirimbo aba aharaye, ari gutembera ahantu heza cyangwa se ari gusabana n’abana be n’inshuti ze. Kuri iyi nshuro yagerageje gutanga impanuro zishobora kugira uwo zifasha zikamubera akabando k’iminsi mu gihe yazizirikaho.

Shaddyboo yagize ati “Uko ukwiye kubahwa ku bandi: Gukora ibintu bikomeye buri munsi, Igihe wihaye gahunda yo gukora igikorwa runaka gikore kabone n’iyo cyaba gikomeye, Gerageza kugenzura amarangamutima yawe, Ntukajye ucika intege iyo ubonye ibintu bigukomeranye”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yatunguye isi yose ubwo yakoreshaga ibirori bidasanzwe by’urupfu rwe.

Junior Giti wo mu gasobanuye yahishuye ikipe afana,anavuga impamvu atahisemo kuba umukinnyi.