in

Sadio Mane yatangaje amagambo yakoze ku mitima y’abakunzi b’umupira w’amaguru avuga kuri Barondoro

Umukinnyi ukinira ikipe ya Bayern Munich Sadio Mane nyuma yaho ikipe ye itsinze ikipe ya Viktoria Plzen ibitego 5-0 uyu musore yatsinze mo igitego kimwe.

Nyuma y’umukino Sadio Mane yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umukino.

Ni umukino wabaye ku mugoroba tariki ya 04 Ukwakira saa kuminebyiri(6:00) mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo k’umugabane w’Uburayi igitego yatsinze ni icya mbere atsinze muri iryo rushanwa kuva yagera muri Bayern.

Yabajijwe niba yiteguye guhangana na Karim Benzema mu kwegukana Barondoro izatangwa yenda gutagwa.

Yasubije ko bigaragarira buri muntu wese ukuricyirana umupira w’amaguru ko Karim Benzema ayikwiye, yagize ati”nanjye ndi utanga Barondoro nayiha Benzema”.

Ibi byashimishije abakunzi be ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange cyane cyane abanya Sanegar iwabo wa Sadio Mane bavuze ko Mane avugisha ukuri kandi aca bugufi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwarabu utoza ikipe yo mu Rwanda yahagaritswe na CAF imyaka itanu kubera gukoresha Liscence A y’impimbano

Sadio Mané yatangaje amagambo akomeye cyane Kuri Karim Benzema