in

Rwatubyaye Abdul yavuze ingaruka yahuye nazo kubera guhamagarwa mu Mavubi

Nubwo Ethiopia yahuyemo Amavubi, Umutoza w’Amavubi Carlos yari yahamagaye Rwatubyaye Abdul kugira ngo harebwe niba babasha gukuramo Ethiopia bakajya muri CHAN ariko ntibyakunda.

Mu kiganiro na TV 10, Rwatubyaye Abdul yavuze ku kuba yarahamagawe ingaruka zari zimutegeje.

Yagize ati ” Murabizi ni ukurwanira igihugu Kandi no kwemeza abanyarwanda ko meze neza, nagombaga gukora cyane ku buryo nari kubemeza nubwo umukino utagenze neza ariko yashoboraga no kuba yavunika kubera gushaka kwemeza cyane”

Zimwe mu ngaruka nziza yahuze nazo ni ukongera gukinira imbere y’abanyarwanda benshi byiyongereyeho ari mu ikipe y’igihugu Amavubi nyuma y’igihe kirekire adakina.

Kuri ubu, Rwatubyaye Abdul niwe Kapiteni mushya wa Rayon Sports nyuma y’amezi arindwi adakina.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Facebook indiri y’ubusambanyi: abakobwa basigaye bicuruza ku mbuga nkoranyambaga

Breaking news: Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye Abakinnyi 23 batarimo Haruna niyonzima