in

Facebook indiri y’ubusambanyi: abakobwa basigaye bicuruza ku mbuga nkoranyambaga

Abakobwa bakora uburaya cyangwa bicuruza bavuga ko basigaye bicuruza kuri Facebook aho bashyira amafoto yabo bambaye uko bavutse mu rwego rwo kubona abakiriya.

Uwatanze ubu buhamya avuga ko harimo n’abanyarwandakazi aho bicuruza ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko Facebook.

Aba bakobwa ngo bakoresha uru rubuga nk’iturufu yo kwicuruza, aho basangiza abakurikira amafoto y’ubwambure bwabo na bo , cyangwa imyanya y’ibanga maze bakabaha amafaranga.

Yagize at:” nabonye umukobwa wari washyize hanze imyanya ye y’ibanga anashyiraho numero ye ya WhatsApp mwandikiye ahita ampereza ibiciro by’uko yigurisha.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Kiyovu sports yakomerekeje ikipe mu Rwanda idahagaze neza ayisuzuguza andi makipe yose

Rwatubyaye Abdul yavuze ingaruka yahuye nazo kubera guhamagarwa mu Mavubi