in

Rwatubyaye Abdul yatunguye abantu ubwo yafanaga ikipe ye ya Rayon Sports ari mu bafana nyuma baza kumurangarira ubwo yatsindaga As Kigali(Amafoto)

Ku munsi wejo kuwa Kane tariki 24 Ugushyingo ikipe ya Rayon Sports yakinnye umukino wayo w’ikirarane n’ikipe ya As Kigali biza kurangira Rayon Sports itsinze As Kigali igitego 1-0, Kapiteni wayo Rwatubyaye Abdul yarebeye hamwe uyu mukino n’abafana b’iyi kipe mu myanya bakunda kwita “Ahasigaye Hose”.

Ku bantu bazi Stade Regional Nyamirambo, Rwatubyaye Abdul yari mu gice kidatwikiriye kijyamo abafana bishyuye itike ya make, arimo hufana afatanyije n’abandi gufana Rayon Sports.

Uyu myugairiro impamvu adakina ni uko afite imvune amaranye igihe dore ko ubwo yayikiniragaho mu mavubi byatumye yongera kuvunika.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yihimuye kuri sheri we bateganyaga kubana nyuma yo kujya kugura indaya agasanga ni nyirabukwe

Ruhango : mu marira menshi umugore urwaje abana bwaki yatabawe agiye kwiyahura