in

Umusore yihimuye kuri sheri we bateganyaga kubana nyuma yo kujya kugura indaya agasanga ni nyirabukwe

Umusore witwa James yatangaje ko yamaze kubenga umukunzi we bendaga kubana nyuma yo gushukwa n’uwari ugiye kumubera nyirabukwe bakaryamana atazi ko akora uburaya.Inkuru y’uyu musore yatangajwe n’umukunzi we waragaje agahinda gakomeye yatewe n’uyu musore wari waramusezeranyije ko bazabana bikarangira amuhemukiye.

Ku bwe, ngo uyu musore yamusezeranyije byinshi gusa kugira ngo ahindure imitekerereze nyuma yo kubona icyo yashakaga kuri we ndetse kugeza aryamanye na nyirabukwe ukora uburaya.

Mu kumusubiza, James yavuze ko umuvumo we utazamugiraho ingaruka kuko yubahirije amasezerano gusa akaza kubivamo bitewe n’imyitwarire igayitse ya nyina utiyubaha.

Yasobanuye ko nyina w’umukobwa ari we wamwegereye nk’umugore wicuruza maze aramwishyura birangira baryamanye.

Mu kiganiro cya WhatsApp, hagati yabo bombi, James yavuze ko yishyuye uyu mugore nk’uko yishyuye umukobwa maze bararyamana. Gusa ngo byatumye yumva amwanze ngo kuko ibyo yakoze ari amahano.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkwano ni 5,000 rwf, Ikifuzo cy’umwe mu ba depite cyasamiwe hejuru na benshi mu basore

Rwatubyaye Abdul yatunguye abantu ubwo yafanaga ikipe ye ya Rayon Sports ari mu bafana nyuma baza kumurangarira ubwo yatsindaga As Kigali(Amafoto)