in

Ruhango : mu marira menshi umugore urwaje abana bwaki yatabawe agiye kwiyahura

Umubyeyi wo mu Karere ka Ruhango yatabawe agiye kwiyahura nyuma y’aho azengurutse mu midugudu myinshi bakamwirukana banga ko ahatura bamuziza ko afite abana barwaye bwaki.

Nk’uko TV1 yabitangaje ngo uyu mubyeyi ubabaye cyane amaze kwirukanwa mu midugudu 13 bamuziza ko afite abana barwaye bwaki.

Bivugwa ko uyu mugore yagiye gukodesha mu mudugudu wa 13 bamwirukanye abura aho ajya ahitamo gutegura aho yiyahurira ku buryo abaturage ari bo bamanuye ikiziriko yari agiye kwiyahuriraho bitewe no kwiheba kuko nta muntu n’umwe ukimwitaho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwatubyaye Abdul yatunguye abantu ubwo yafanaga ikipe ye ya Rayon Sports ari mu bafana nyuma baza kumurangarira ubwo yatsindaga As Kigali(Amafoto)

Mu gikombe cy’isi: Ikipe ya mbere y’Afurika ibonye itsinzi nyuma yo kwandagaza Qatar yakiriye iki gikombe