in

Rwanda: umusore ari mu marira nyuma y’aho Sheri we yanze ko basohokana

Umusore akomeje kugisha inama nyuma y’aho asabye umukunzi we ko basohokana undi aramuhakanira ndetse amusaba ko yareka bagakundana mu ibanga rikomeye.

Uyu musore agaragaza ko abangamiwe cyane n’urukundo nk’uru.

Yagize ati:”Muraho? ikibazo mfite uyu munsi nakundanye n’umukobwa ariko iyo mubwiye ngo dusohokane arabyanga ngo ntashaka ko abantu bamenya ko dukundana ngo iyo abantu bamenye ibyo bintu babijyamo bakabyica, ngo we ntiyemera ibyo kugaragaza umukunzi wawe keretse mugiye gukora ubukwe habura iminsi micye. Ngo ibyacu dukomeze twikundanire bucece. Ntashobora kunshyira kuri status, nigeze kumushyiraho umunsi umwe yaranyishe. Ese ubu uyu muntu arankunda by’ukuri?

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro ku muhanzi Israel Mbonyi

Rutahizamu Hertier Luvumbu yasobanuye ku kijyanye no kuba atazakina muri Rayon Sports benshi ntibanyurwa