in

Akeza karigurisha! Rutahizamu Zabayo wakanyujijeho muri Rayon Sports WFC yahawe ikaze mu ikipe ye nshya (Amafoto)

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore, Imanizabayo Florence yerekanywe nk’umukinnyi mushya wa Kampala Queens FC.

Uyu munyarwandakazi wakiniraga Rayon Sports WFC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe ibitse shampiyona.

Zabayo w’imyaka 30, yakiniye amakipe nka Rayon Sports, Rubavu Fc, Kamonyi FC na AS Kigali.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Mark! Buri wese yamubonye mu gasobanuye, icyamamare muri sinema yatabarutse ku myaka 83

Ijya kurisha ihera ku rugo! Amakipe yo mu Rwanda agiye kwitabira Super League y’Afurika ku bwinshi cyane nyuma y’inkuru yavuye mubashinzwe umupira w’amaguru mu Rwanda