in

Ijya kurisha ihera ku rugo! Amakipe yo mu Rwanda agiye kwitabira Super League y’Afurika ku bwinshi cyane nyuma y’inkuru yavuye mubashinzwe umupira w’amaguru mu Rwanda

Ijya kurisha ihera ku rugo! Amakipe yo mu Rwanda agiye kwitabira Super League y’Afurika ku bwinshi cyane nyuma y’inkuru yavuye mubashinzwe umupira w’amaguru mu Rwanda.

African Super League iteganyijwe gutangira mu minsi iri imbere izaba ifite ikiciro gikuru mu Rwanda.

Ibi byemejwe n’umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya siporo mu Rwanda.

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya siporo, Zephanie Niyonkuru

Umunyamabanga uhora muri Minisitiri ya siporo, Zephanie Niyonkuru, yabwiye The New Times dukesha iyi ko ikiciro gikuru cya African Super League kizaba kiri i Kigali.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akeza karigurisha! Rutahizamu Zabayo wakanyujijeho muri Rayon Sports WFC yahawe ikaze mu ikipe ye nshya (Amafoto)

Noneho umutoza namubona amodalinga mu gitaramo cya Ally Soudy arahita amenya icyo ashoboye hagati ya ruhago no kumodalinga! Umukinnyi utari wemeza umutoza wa Rayon Sports ni umwe mu byamamare biri bwigaragaze mu gitaramo cya Ally Soudy