in

Rutahizamu wanyuze muri Apr Fc ari mu rukundo n’umudiyasipora nyuma yo guterwa gapapu na Major wo muri Symphony (AMAFOTO)

Nyuma y’uko rutahizamu Issa Bigirimana atewe gapapu na Major wo muri Symphony kuri Uwase Carine yari yarambitse impeta, kuri ubu ari mu rukundo n’undi mukobwa mushya.

Issa Bigirimana aryohewe n’urukundo rushya n’inkumi y’i Burundi, Scheilla bamaranye amezi arenga arindwi.

Issa yari yarambitse impeta y’urukundo, Uwase Carine muri 2019 ndetse banitegura gukora ubukwe muri 2021 gusa ntabwo bwabaye kuko hajemo gutandukana.

Amakuru ahari ni uko ubu Issa Bigirimana udafite ikipe muri iyi minsi ari i Bujumbura ariho arimo kuryohereza n’umukunzi we Scheilla.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibintu 5 ukwiye kwirinda mbere ndetse na nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina

“Nange sinzacikwa” isomere itangazo Mukura itanze ryaneje abagore n’abakobwa ndetse n’abamotari