in

Rutahizamu Moussa Camara utaragaragara asinyira Rayon Sports ukuri kose ku ibye n’iyi kipe kwamenyekanye

Moussa Camara hashize iminsi mike ageze mu Rwanda, gusa benshi bakomeye kwibaza impamvu ikipe ya Rayon Sports itaratangaza ko yasinyishije uyu mukinnyi.

Jean Paul Nkurunziza mu kiganiro n’itangazamakuru yavuze abibaza niba Moussa Camara yaba yarasinye cyangwa atarasinyiye iyi kipe ngo kuko atatangajwe kumugaragaro ni bahumure rwose ni umunkinnyi wa Gikundiro.

Uyu muvugizi w’iyi kipe yavuze ko Moussa Camara yasinye akiri iwabo muri Mali mu buryo bakoresha bw’umurongo w’itumanaho(Online), bivuze ko yaje hano mu Rwanda byose byarangiye cyane ko yaje isoko ry’igura n’igurishwa ryo mu Rwanda ryari ryarashyizweho akadomo.

Iyi kipe ya Rayon Sports ifite umukino mpuzamahanga uyu munsi n’ikipe ya Uganda Revenue Authority ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ku itara.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikizungerezi Tanasha Donna yibukije abantu ko yabyaranye na Diamond Platnumz batandukanye

Breaking News: Rutahizamu w’umurusiya wavugishije abarimo KNC ari mu nzira aza i Kigali kwiyereka abamupinze