in

RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peterori n’igihe bizatangira gukurikizwa (Itangazo)

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Gashyantare 2024, Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamari RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli.

Ibi biciro bizatangira gukurikizwa tariki 12 Gashyanyare 2024 saa sita z’ijoro (00h00), aho litiro ya lisansi yageze kuri 1,637Frw mu gihe litiro ya mazutu yo ari 1,632Frw.

Ibi biciro bishya bije bisimbuye ibyaherukaga gushyirwaho byatangiye kubahirizwa ku ya 6 Ukuboza 2023, aho igiciro cya lisansi cyari 1639 kuri litiro naho mazutu ikaba yari ku mafaranga y’u Rwanda 1635 kuri litiro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali habereye impanuka idasanzwe

AFCON 2023: DR Congo yahawe isomo n’ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo iherutse gutsindwa n’Amavubi ibitego bibiri ku busa