in

Kigali habereye impanuka idasanzwe

Kigali ku muhanda uva Nyamirambo kuri 40 werekeza Rwamara, habereye impanuka iteye amayobera.

Iyi mpanuka yakozwe n’impodoka  y’ivatiri iri mu bwoko bwa Corolla, ubwo yageraga muri uyu muhanda yafashwe n’inkongi y’umuriro ireshya irakongoka.

Iyi mpanuka yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wagatandatu mu masaha ya Saa kumi nebyiri zishyira Saa moya.

Biravugwa ko iyi modoka yaba yafashwe n’inkongi y’umuriro biturutse ku kuba yari yashyushye cyane birenze urugero.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inyemera WFC yihereranye Rayon Sports WFC iyibuza amanota atatu

RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peterori n’igihe bizatangira gukurikizwa (Itangazo)