in

RIP Beltran! Rutahizamu ukomeye cyane muri Africa yitabye Imana

Rutahizamu ukomoka muri Colombia witwa Guillermo Beltran, yaguye mu kibuga bari mu myitozo ahita apfa azize ikibazo cy’umutima.

Nk’uko tubicyesha ikinyamakuru The Sun cyo mu Bwongereza, ibi byabaye ejo kuwa Gatanu.

Guillermo Beltran wakinaga nka rutahizamu mu ikipe ya Real Santa Cruz yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Bolivia yabyutse bisanzwe ajya mu myitozo mu gitondo mu gihe ari gukinana na bagenzi be aza kwikubita hasi.

Abakinnyi ndetse n’abatoza bahise bashaka imbangukiragutabara ngo imujyane kwa muganga ariko bamugejejeyo basanga yapfuye maze nyuma aza gukorerwa isuzuma basanga yishwe n’ikibazo cy’umutima yari asanzwe arwaye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali – Kayonza habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka itwara ibikomoka kuri peterori ndetse na HOWO -Amafoto

Bishobora kumutera indwara! Ibiryo byo muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika byagaraguye Bruce Melodie