in

Bishobora kumutera indwara! Ibiryo byo muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika byagaraguye Bruce Melodie

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye cyane ku izina rya Bruce Melodie yatangaje ko ibiryo byo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika biri kumugwa nabi.

Ibyo Melodie yabitangarije mu kiganiro yitabiriye kuri uyu Gatanu tariki 22 Werurwe 2024 ku Ijwi rya Amerika (VOA).

Ni mu ruzinduko arimo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika rugamije kumenyekanisha indirimbo ye yakoranye n’umuhanzi Shaggy ukomoka muri Jamaica, ariko akaba akorera umuziki muri Amerika.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Beltran! Rutahizamu ukomeye cyane muri Africa yitabye Imana

Nyagatare: Abanyeshuri barenga 150 bajyanywe kwa muganga igitaraganya barwaye indwara ikomeje kuba amayobera