in

NDASETSENDASETSE

Rihanna yafotowe agaragara ibibero bye(AMAFOTO)

Ku wa gatanu w’icyumweru gishize ni bwo umuhanzikazi Rihanna yafotowe yambaye imyenda igaragaza ibibero bye uko byakabaye ubwo yari yasohokeye mu mujyi wa New York.

 

Uyu muhanzikazi w’icyamamare wimyaka 33 yagaragaye mu ijipo yumukara, yuzuye ubwoya ariko ngufi cyane ku buryo imiterere y’amaguru ye yombi yagaragaraga. Rihanna yari yambaye amadarubindi y’umukara, n’inkweto z’umukara ndende byose bijyanye n’imyambaro ye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo yasangije abafana be urugendo rutoroshye yanyuzemo ubwo yari atwite umwana we

Wa mugore wahagaritse ubukwe i Rulindo imbere ya gitifu dore ibyo akorewe.