in

Rocky Kimomo yongeye gutungura abakunzi be maze ari vuga karahava

 

Umusobanuzi wa filime ukunzwe cyane na benshi hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo Rocky Kimomo yivuze karava.

Rocky wamamaye kubera umwuga w’ubusobanuzi bwa filime akora maze zigakundwa cyane bitewe n’amagambo akoresha akoryohera benshi burya uyu musore afite impano nyinshi muri we.

Rocky Kimomo yivuze karava yagize ati:”Ndi rwikubira aho inkuba zesa
Urwamirindi ya rusaza mbuga
Imanzi y’uruti rukeba umubiri
Kimomo nkaba umunyu w’inka
Kibahana mbakubita mbateruye nkabima
Umwanya wo gutora amabuye.”

Rocky yavuze ibi abinyujije Instagram ye ku ifoto yashizeho ari kumwe n’umwe mubakozi be uzwi cyane nawe witwa Kadafi pro ukunze kuvuga ko ari Umukamezi wakamejeje.

Aba bombi bari kumwe bagaragara bafite uducuma barikunyweramo.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FERWAFA yanze icyemezo CAF yayifatiye ihita ikora igikorwa cy’indashyikirwa ishimwa n’abakunzi b’Amavubi mu buryo bukomeye

Haringingo Francis yatangaje abakinnyi 2 ba Rayon Sports yakuyeho amaso muri iyi minsi kubera impamvu zikomeye