in

REG BBC yananiwe gutsinda US Monastir ngo iyobore itsinda

 

Ikipe ya REG BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL 2023, iri kubera mu gihugu cya Senegal yongeye gutsindwa n’ikipe ya US Monastir yo mu gihugu cya Tunisia.

REG BBC yatsinzwe uyu mukino kandi ibizi neza ko ayo iramuka iwutsinze yari guhita iyobora itsinda rya Sahara conference bikazayifasha guhura n’ikipe izaba iya kane mu itsinda rya Nile conference, gusa ntago byaje kuyihira habe kuko yatsinzwe na US Monastir amanota 84 kuri 79.

REG yagerageje kureba ko yatsinda umukino ariko ntibyakundira kuko US Monastir yari yashyizemo amanota menshi mu duce twambere.

Izi kipe zombi zifite itike yo kuzakina imikino ya nyuma izabera i Kigali mu Rwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Babyeyi mube maso! Umukozi wo mu rugo yibye umwana nyuma y’ibyo nyirabuja yamubwiye

“Turangire umuti ugabanya ibiro?” Shazz watumye Davis D na Kade bajya mu gihome yagaragaye ari kubyina agaragaza ko asigaye afite mu nda zeru – VIDIO