in

Real Madrid ikomeje gutsindwa intambara iri kurwana yongeye guhomba undi mukinnyi

Mu gihe iyi kipe iri kugenda yiyubaka mu bice bigiye bitandukanye ndetse ikagerageza gushaka amaraso mashya cyane mu gice  cy’ubusatirizi, yongeye guhomba undi mukinnyi wari uyifatiye runini.

Real Madrid bimaze gutanganzwa ko itazakomezanya n’umukinnyi wakinaga asatira izamu Gareth Bale wayitsindiye ibitego byinshi higanjemo ibyo yatsinze ubwo bari ku mukino wanyuma wa Champions league bahuyemo na Atletico Madrid.

 

Nkuko yabitangaje mu ibaruwa yashyizwe hanze dukesha Fabrizio Romano ni uko atazaguma muri iyi kipe ahubwo ari gushaka ahandi hantu ho kwerekeza nyuma yo kuva I Santiago Beranbeu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amavubi yabonye captain mushya

Nyuma yo gufata umwana we kungufu, yashatse no gufata n’umwuzukuru we