Perezida mushya wa Rayon Sports, wabayeho umusirikare Rtd.Capt. Uwayezu Jean Fidel yavuze ko ashaka gushyira Rayon Sports ku murongo ikaba ikipe mpatsamakipe nk’uko yahoranye icyo gitinyiro n’igikundiro. Ni umugabo w’imyaka 54 wikorera, wize amategeko akanagira Master’s muri Business yakoze mu nzego z’Ubutabera, anakorera abikorera, kugeza ubwo na we yikorera kuva muri 2010. Avuga ko ari […]Perezida mushya wa Rayon Sports, wabayeho umusirikare Rtd.Capt. Uwayezu Jean Fidel yavuze ko ashaka gushyira Rayon Sports ku murongo ikaba ikipe mpatsamakipe nk’uko yahoranye icyo gitinyiro n’igikundiro. Ni umugabo w’imyaka 54 wikorera, wize amategeko akanagira Master’s muri Business yakoze mu nzego z’Ubutabera, anakorera abikorera, kugeza ubwo na we yikorera kuva muri 2010. Avuga ko ari
Rayon Sports itsinda, ishimisha Abanyarwanda bose, ni yo kipe Rtd Capt. Uwayezu ashaka
Subscribe
Login
0 Comments