in , ,

Rayon Sports itsinda, ishimisha Abanyarwanda bose, ni yo kipe Rtd Capt. Uwayezu ashaka

Perezida mushya wa Rayon Sports,  wabayeho umusirikare Rtd.Capt. Uwayezu Jean Fidel yavuze ko ashaka gushyira Rayon Sports ku murongo ikaba ikipe mpatsamakipe nk’uko yahoranye icyo gitinyiro n’igikundiro. Ni umugabo w’imyaka 54 wikorera, wize amategeko akanagira Master’s muri Business yakoze mu nzego z’Ubutabera, anakorera abikorera, kugeza ubwo na we yikorera kuva muri 2010. Avuga ko ari […]Perezida mushya wa Rayon Sports,  wabayeho umusirikare Rtd.Capt. Uwayezu Jean Fidel yavuze ko ashaka gushyira Rayon Sports ku murongo ikaba ikipe mpatsamakipe nk’uko yahoranye icyo gitinyiro n’igikundiro. Ni umugabo w’imyaka 54 wikorera, wize amategeko akanagira Master’s muri Business yakoze mu nzego z’Ubutabera, anakorera abikorera, kugeza ubwo na we yikorera kuva muri 2010. Avuga ko ari

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Real Madrid ni yo itahanye intsinzi mu mukino wa El Clásico

Amafoto: Kiyovu yakoze imyitozo ya mbere, niyo kipe yaguze abakinnyi bayihenze cyane