in

Perezida wataye ikipe yayoboraga mu Rwanda, yatakambiwe na banyirayo kugira ngo agaruke mu nshingano yari arimo

Perezida wataye ikipe yayoboraga mu Rwanda, yatakambiwe na banyirayo kugira ngo agaruke mu nshingano yari arimo.

Umujyi wa Kigali wamutakambiye Shema Fabrice umusaba kugaruka mu nshingano ze.

Ibi bije nyuma y’uko muri Kamena Shema Fabrice yandikiye abanyamuryango ba AS Kigali ndetse anamenyesha Umujyi wa Kigali ko yeguye ku nshingano ze ku mpamvu ze bwite.

Amakuru twamenye ni uko Umujyi wa Kigali wahamagaye Fabrice bamwizeza ko ibitagendaga neza bagiye kubikosora bahereye ku bibazo byari bihari ariko akagaruka ku buyobozi bw’iyi kipe byitezwe ko umwaka utaha izakoresha abakinnyi biganjemo abakiri bato cyane, gusa bivugwa ko nta gisubizo arabaha.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bya bintu ni ukuri! Umuryi kabuhariwe i Kigali Temarigwe yavuze ukuntu yariye kugeza avunitse(inda iraturika) ndetse avuga ukuntu abanye n’umuryango we – VIDEWO 

Kapiteni wa APR FC yasaze yasizoye arashaka kuyivamo nyuma yo kumva intwaro z’imitutu iyi kipe igiye kugura