in

Nyuma yo kuzamura ibiciro by’igendo z’imodoka rusange, hari hatahiwe ibiciro bya lisansi na mazutu

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko igiciro gishya cya lisansi cyiyongereyeho 127 Frw kuri litiro, kigera kuri 1,764 Frw, mu gihe icya mazutu cyiyongereyeho 52 Frw, kigera kuri 1,684Frw.

RURA yasobanuye ko ihindagurika ry’ibiciro rishingiye ahanini ku ihindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli rikomeje kugaragara ku isoko mpuzamahanga.

Ibi biciro bizagenderwaho mu gihe cy’amezi abiri ari imbere, bivuze ko nyuma yayo bizongera kuvugururwa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yandagarijwe i Nyarugenge! Etincelles FC ifashe Rayon Sports iyihana nk’umubyeyi uhana umwana we

Agahinda ntikica, kagira mubi! Abafana ba Rayon Sports bagaragaje agahinda batewe no gutsindwa na Etincelles FC ibarusha cyane kandi ibasanze i Kigali – AMAFOTO