in

Nyuma ya Miss Umunyana Shanitah hari undi mukobwa wegukanye ikimba ry’ubwiza uri gutabariza guhabwa ibihembo yatsindiye

Mu minsi ishije nibwo ku mbuga nkoranyambaga havugwaga inkuru ya Miss Umunyana Shanitah watwaye ikamba rya Miss Easter Africa, gusa nyuma akaza kudahabwa ibihembo yagenewe muri iryo rushanwa.

None na Miss Irene Ng’endo ukomoka muri Kenya ufite ikamba rya Miss Africa Calabar 2020 nawe arasaba inshuti n’abavandimwe ndetse n’ababishinzwe kumufasha kwishyuza abategura iri rushanwa agahabwa ibihembo amaze imyaka ibiri ategereje.

Ibi bikomeje kugaragaza isura itari nziza mu bategura amarushanwa y’ubwiza ni mugihe Miss Umunyana Shanitah we yatangaje ko afatanyije na Miss Mutesi Jolly uri mubahagarariye Miss Easter Africa bagiye kwitabaza inkiko Shanitah agahabwa ibyo yemerewe aribyo imodoka ifite agacira k’amafaranga agera kuri miliyoni 40 z’amanyarwanda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yakuye benshi mu rujijo, Rihanna yahishuye impamvu atarerekana umwana we cyagwa ngo atangaze amazina ye kugeza magingo aya

Carlos Alos Ferrer utoza Amavubi yahisemo umutoza uzamwungiriza hagati ya Yves RWASAMANZI na Jimmy Mulisa