in , ,

Nyanza FC yari yasenyukiye muri Rayon muri 2012 yagarutse mu kiciro cya kabiri

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko ikipe ya Nyanza FC igaruka mu kiciro cya kabiri nyuma y’imyaka itandatu iyi kipe idahari kuko yari yari yasenyukiye muri Rayon Sports ubwo yajyaga muri kariya Karere muri 2012. Abafana b’ikipe ya Nyanza FC barimo n’abasanze bafana Rayon Sports na yo yavukiye muri kariya Karere ka Nyanza, […]

The post Nyanza FC yari yasenyukiye muri Rayon muri 2012 yagarutse mu kiciro cya kabiri first appeared on UMUSEKE.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko ikipe ya Nyanza FC igaruka mu kiciro cya kabiri nyuma y’imyaka itandatu iyi kipe idahari kuko yari yari yasenyukiye muri Rayon Sports ubwo yajyaga muri kariya Karere muri 2012. Abafana b’ikipe ya Nyanza FC barimo n’abasanze bafana Rayon Sports na yo yavukiye muri kariya Karere ka Nyanza,
The post Nyanza FC yari yasenyukiye muri Rayon muri 2012 yagarutse mu kiciro cya kabiri first appeared on UMUSEKE.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amasezerano hagati ya Ferwafa na Bralirwa azasinywa mu cyumweru gitaha

Ikipe y’Abagore ya APR nyuma y’imyaka 7 isenyutse, ubuyobozi bwemeje ko izagaruka