Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko mu gihe cya vuba buzashyiraho ikipe y’abagore izaba ije gukina amarushanwa ategurwa na FERWAFA. Ikipe y’abagore ya APR WFC yabayeho kugeza mu 2013, ariko isenyuka mu mpera z’uwo mwaka nyuma yo kumara imyaka ine idatwara igikombe. Mu kiganiro n’Itangazamakuru ku wa Gatandatu w’iki cyumweru gishize, Umuyobozi wungirije wa APR […]
The post Ikipe y’Abagore ya APR nyuma y’imyaka 7 isenyutse, ubuyobozi bwemeje ko izagaruka first appeared on UMUSEKE.
Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko mu gihe cya vuba buzashyiraho ikipe y’abagore izaba ije gukina amarushanwa ategurwa na FERWAFA. Ikipe y’abagore ya APR WFC yabayeho kugeza mu 2013, ariko isenyuka mu mpera z’uwo mwaka nyuma yo kumara imyaka ine idatwara igikombe. Mu kiganiro n’Itangazamakuru ku wa Gatandatu w’iki cyumweru gishize, Umuyobozi wungirije wa APR
The post Ikipe y’Abagore ya APR nyuma y’imyaka 7 isenyutse, ubuyobozi bwemeje ko izagaruka first appeared on UMUSEKE.