in , ,

Ikipe y’Abagore ya APR nyuma y’imyaka 7 isenyutse, ubuyobozi bwemeje ko izagaruka

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko mu gihe cya vuba buzashyiraho ikipe y’abagore izaba ije gukina amarushanwa ategurwa na FERWAFA. Ikipe y’abagore ya APR WFC yabayeho kugeza mu 2013, ariko isenyuka mu mpera z’uwo mwaka nyuma yo kumara imyaka ine idatwara igikombe. Mu kiganiro n’Itangazamakuru ku wa Gatandatu w’iki cyumweru gishize, Umuyobozi wungirije wa APR […]

The post Ikipe y’Abagore ya APR nyuma y’imyaka 7 isenyutse, ubuyobozi bwemeje ko izagaruka first appeared on UMUSEKE.

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko mu gihe cya vuba buzashyiraho ikipe y’abagore izaba ije gukina amarushanwa ategurwa na FERWAFA. Ikipe y’abagore ya APR WFC yabayeho kugeza mu 2013, ariko isenyuka mu mpera z’uwo mwaka nyuma yo kumara imyaka ine idatwara igikombe. Mu kiganiro n’Itangazamakuru ku wa Gatandatu w’iki cyumweru gishize, Umuyobozi wungirije wa APR
The post Ikipe y’Abagore ya APR nyuma y’imyaka 7 isenyutse, ubuyobozi bwemeje ko izagaruka first appeared on UMUSEKE.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyanza FC yari yasenyukiye muri Rayon muri 2012 yagarutse mu kiciro cya kabiri

Min. Munyangaju Aurore yitabiriye isubukurwa ry’imikino ya Basketball