in

Nyabugogo! Imodoka zo muri Gare zikomeje kuba izahabu n’ifeza bikaba byatumye abahategera basaba ubufasha

Nyabugogo! Imodoka zo muri Gare zikomeje kubo izahabu n’ifeza bikaba byatumye abahategera basaba ubufasha.

Abagenzi bategera imodoka muri Gare ya Nyabugogo mu Karere ka Nyarugenge berekeza mu Ntara zitandukanye z’Igihugu barinubira ikibazo cy’ibura ry’imodoka gikomeje gufata indi ntera.

Bamwe muri aba bagenzi baganiriye na IGIHE, bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’ibura ry’imodoka ku buryo ngo n’ubonye uko atega yishyura amafaranga yikubye kabiri ayagenwe.

Bamwe muri aba bagenzi basaba inzego zibishinzwe kubafasha, zigakemura iki kibazo bakabona imodoka zibajyana mu duce baturukamo.

Umuyobozi wungirije ushinzwe imodoka zijya mu Ntara muri Volcano Isingizwe Eric, we avuga ko imodoka zitabuze ahubwo abagenzi babaye benshi kubera ko ari mu gihe cy’impeshyi.

Umukozi wa sosiyete ishinzwe gucunga Gare ya Nyabugogo ya ATPR, Ezekiel Musabyimana, nawe yemeza ko abagenzi babaye benshi kubera ko ari mu igihe cy’Impeshyi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR iracyagorwa: Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC nyuma yo kunganya na APR FC bakoze ibintu bishobora gutuma abafana ba Gitinyiro bivumbara burundu ku mukino wo kwishyura -AMAFOTO

Aya magambo nta wundi muntu wayamubwira uretse wowe gusa! Uwicyeza Pamela yeretse Abanyarwanda ko kugirango abe mu mutima wa The Ben bitamugoye maze amubwira amagambo aryoheye amatwi akwiye guhora yumva muri ibi bihe bitamworoheye -IFOTO