in

Aya magambo nta wundi muntu wayamubwira uretse wowe gusa! Uwicyeza Pamela yeretse Abanyarwanda ko kugirango abe mu mutima wa The Ben bitamugoye maze amubwira amagambo aryoheye amatwi akwiye guhora yumva muri ibi bihe bitamworoheye -IFOTO

Miss Uwicyeza Pamela akaba umukunzi wa The Ben yagaragaje ko ari umuntu wingenzi cyane kubuzima bwa The Ben haba mu gihe yishimiye cyangwa ababaye.

Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yashyizeho ifoto ahashirwa ubutumwa bumara amasaha 24 (story) yashyizeho ifoto Ari kumwe n’umuhanzi we maze arenzaho amagambo ahumuriza agira ati:”Ndakwishimiye cyane Kandi ndagukunda cyane”

Ni mu gihe The Ben ari guca mu bihe bitamworoheye byo kubura umubyeyi we mu munsi yashyize.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyabugogo! Imodoka zo muri Gare zikomeje kuba izahabu n’ifeza bikaba byatumye abahategera basaba ubufasha

“Ariko ubanza abafana ba APR FC bari bibagiwe ko umutoza Adil nta burambe afite mu gutoza” Umunyamakuru Kazungu Clever utaracanaga uwaka na Adil yasetsa abafana ba APR FC bavuze ko bashaka ko agaruka