in

Ntakibasha kurogoya imigambi y’Imana! Amakuru mashya kuri Dr Kanimba wari umaze igihe kirekire arwaye indwara yateye benshi guhangayika (VIDEWO)

Hashize igihe kerekire mu Rwanda humvikanye inkuru ya Dr Kanimba Vincent wamenyekanye mu kuvura indwara z’abagore, yatabarizaga ku mbuga nkoranyambaga asaba ubufasha bwo kwivuza kubera ko yari arembye bikomeye.

Amakuru meza ahari ni uko Dr Kanimba, ubu arimo koroherwa, ni nyuma yaho benshi mubo yagiriye neza ndetse na buri wese Imana yakozeho, bahagurutse baramusengera, ndetse abandi bamufasha no mu buryo bw’amafaranga arivuza.

Tariki 30 Kamena 2023, nibwo Dr Kanimba yajyanwe kuvurirwa mu Buhinde. Yari arwaye indwara yitwa ‘Parkinson’, ifata iminsi igatuma umuntu asusumira/atitira kandi yari yatangaje ko ubuvuzi bwayo buhenze cyane.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Yakiniye APR y’abagore” Abakunzi ba Mukura VS mu gahinda kenshi bikomye umusifuzi wabasifuriye umukino batsinzwemo na APR FC (Videwo)

Umusirimu ntajya asaza pe! Cristiano ibitego yatsinze Slovakia byatumye yongera kwandika amateka mu gihugu cye cya Portugal