in

“Ntagitutu turiho” Kapiteni wa APR FC yavuze ko bari mu mutuzo ntakibihutisha nyuma yo kwandagazwa na Police Fc (VIDEWO)

Kapiteni wa APR FC, Imanishimwe Djabel yavuze ko ntagitutu bariho mu ikipe yabo.

Ibi yabivuze mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umukino batsinzwemo na Police Fc ibitego 2-1.

Yavuze ko ikipe yabo ntagitutu bariho cy’ejo hazaza ndetse avuga ko bari kugerageza gutanga ibyo bafite.

Abajijwe ikiri gutera umusaruro muke mu ikipe ye, yavuze ko  atahita akimenya ngo agitangaze.

VIDEWO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FA ya Arabia Saudite yatangaje umwanzuro yafatiye Cristiano Ronaldo kubera ibyo yakoze bigateza rwasereri

Irari ribakozeho: Umusore n’inkumi bahondaguwe maze bakizwa n’amaguru barigusambanira ku nzira(video)