in

Nta gutinda! Perezida mushya wa FERWAFA yatangiye akazi

Ku gicamunsi cy’ejo nibwo,
umushoramari Nizeyimana Mugabo Olivier yeguye ku mirimo yo kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’imyaka ibiri ariyobora kuko yari yaragiyeho ku itariki 27 /06 / 2021.

Kuri ubu Perezida w’agateganyo wa FERWAFA Habyarimana Marcel Matiku yatangiye akazi. aho yatangiye asinyana amasezerano n’Akarere ka Gicumbi ko kuzabubakira ikibuga.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwanzuro w’urukiko ku mukinnyi wakubise umusifuzi

The Ben n’umugore we Miss Uwicyeza Pamela urukundo ni rwose muri Uganda – VIDEWO