in

Umwanzuro w’urukiko ku mukinnyi wakubise umusifuzi

Mu minsi yashize nibwo umukinnyi yakubise umusifuzi mu mukino wahuzaga ikipe ya La Jeunesse na Muhanga mu kiciro cya kabiri.

Kuri ubu urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rwakatiye umukinnyi wa La Jeunesse, Salomon Oleko, igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu y’ibihumbi 500 Frw ariko igihano gisubikwa mu gihe cy’umwaka umwe.Yahamijwe icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umusifuzi.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi wari umaze kwigarurira imitima y’abatari bake ku Isi yitabye Imana

Nta gutinda! Perezida mushya wa FERWAFA yatangiye akazi