in

Noneho yayivuze neza! Umunyamakuru ukunzwe hano mu Rwanda yaciye ibintu nyuma yo gutangaza ko Rayon Sports yatsinda Younga Africans imaze iminsi ikora ibitangaza

Noneho yayivuze neza! Umunyamakuru ukunzwe hano mu Rwanda yaciye ibintu nyuma yo gutangaza ko Rayon Sports yatsinda Younga Africans imaze iminsi ikora ibitangaza

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere nibwo umunyamakuru wa Radio one usanzwe atavuga neza ikipe ya Rayon Sports yemeje ko Younga Africans yabonye ikina na Al-Merriekh, yatsindwa na Rayon Sports.

Ni umukino wabereye hano mu Rwanda kuri Kigali Pelé Stadium aho ikipe ya Al-Merriekh FC irimo kwakirira muri iyi minsi, umukino urangira ikipe ya Younga Africans itsinze ibitego 2-0 ariko nayo ubona ko ntamupira ikina urenze urusha Izi kipe zacu ziri mu mikino nyafurika.

Uyu munyamakuru ukomeye hano mu Rwanda usanzwe akorera Radio 1 Angel Mutabaruka nyuma yo kubona imikinire ya Younga Africans, yemeje ko idakomeye ndetse na Rayon Sports yabonye imeze kuriya yayitsinda ahubwo icyo amakipe yacu akeneye ni ukumva ko gutsinda bishoboka bakabyishyiramo.

Ikipe ya Rayon Sports nayo irimo gukina imikino nyafurika ya CAF Confederations Cup aho izakina n’ikipe ya Al Hilal Benghazi tariki 24 Nzeri 2023.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

I Kigali, umugabo yataburuye inyama z’inka bari batabye nyuma yo kwipfisha gusa yaje gufatwa agiye kuzigurisha abaturage (VIDEWO)

Uwase Muyango Mama Miguel akomeje kwereka abakobwa bose b’i Kigali ko ntaho bahuriye mu gukundwa na benshi