in

Njyewe sindongora abagore, ndongora abakobwa bakiri bato, b’amasugi : Umupasiteri w’imyaka 68 yatawe muriyombi azira kurongora umwana utujuje imyaka.

Mu gihugu cya DR Congo haravungwa itabwa muri yombi ry’umupasiteri ushinjwa kurongora abana babakobwa bakiri bato.

 

pasiteri Pierre Kas Kasambakana wo mu gihugu cya DR Congo mu murwa mukuru wa Kinshasa uyobora itorero rya Early Church of Yeshua Ha Mashyah akurikiranyweho icyaha cyokurongora abakobwa bakiri bato.

ni nyuma yuko hari n’amashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga mu minsi ishize uyu mugabo w’imyaka 68 ashyingiranwa n’umukobwa bigaragara ko akiri muto ndetse bivungwa ko afite imyaka 18.

pasiteri Pierre Kas avuga ko uyu mukobwa yamuhawe na Se avuga ko ari uwo yamurereye

agira ati: “…Uriya namuzaniwe na se arambwira ati ‘akira uyu mukobwa nakurereye’, nta n’ubwo nari nzi uwo mukobwa…Njyewe sindongora abagore, ndongora abakobwa bakiri bato, b’amasugi.”

pasiteri Pierre Kas avuga ko Kandi ari umugore we wa 12 ndetse n’abana 25.

 Amafoto ya Pierre Kas

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu sports idafite umutoza n’umuyobozi yisamye yasandaye.

Rayon Sports ikubiswe n’impinja abafana bataha bikoma umukinnyi wabo