“Njyewe KNC manitse amaboko ibirayi mbivuyeho” Umunyamakuru KNC yavuye ku birayi ku mugaragaro nyuma yo kubona ikilo kigeze 1500 Rwf.
Mu kiganiro Rirarashe, Umunyamakuru Kakooza Nkuriza Charles wamenyekanye nka KNC yatangaje ko avuye ku birayi.
Kubera guhenda kw’ibirayi, yavuze ko abivuyeho kumugaragaro.
Akomeza avuga ko agiye kujya kuri kawunga kuko ariyo iciriritse.
KNC yasabye kandi umugi kubaha imbuto z’ibirayi bakajya babitera mu busitani.