in ,

Niyo wagira ute ntazagukunda! Umusitari ukomeye mu Rwanda, Mu Burundi no muri Africa yose yemeye kwigereranya n’imbwa kubera urukundo akunda umukobwa wo muri Kigali Boss Babes 

Burya ngo urukundo ni impumyi, kandi ngo gukunda utagukunda ni nk’imvura igwa mu ishamba!. umusitari uri mu bakunzwe akomeje gusazwa n’urukundo akunda Christine wo muri Kigali Boss Babes.

Uwo mugabo ntawundi utari Ddumba. Mu bikorwa byose bya Ddumba akomeje kugaragaza ko akunda Christella ndetse yanamupfira.
Ibi byose abigaragariza ku mbuga nkoranya mbaga ze, ndetse yiyemeje ku mupostinga kugeza igihe Christella azagirira agatima akamusubiza.
Ubu noneho Ddumba yavuze ko abura kwishyirishaho tatowaje ya Christella kubera urwo amukunda.
Ndetse Ddumba ageze kuri rwa rwego rwo gufata ifoto akandikamo Ddumba na Christella.Ndetse ibi yabikoze ku ifoto itangaje cyane, ushishoje wamenya icyo Ddumba yashakaga kuvuga muri iyi foto.

Ubu iby’urukundo rwa Ddumba byayobeye abantu. Ese Christella azagira agatima ahindukirire Ddumba? Reka tubihanga amaso!.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi Rayon Sports yaganirije agashaka kuyitera umugongo bari bamaze kumvikana yongeye kuyitakambira bikomeye nyuma yo kumenya ko ikipe yabonye amafaranga yo kwishyura

The Ben uri gutegura ubukwe na Pamella, biravugwa ko ari mu Rwanda aho yaje kureba umugore we bagiye kurushinga mu minsi ya vuba