in

Niba ujya urota utera akabariro kakubayeho

Abantu benshi bakunze kurota barimo batera akabariro mu nsozi ndetse bakiahimira igikorwa nk’aho ari ibya nyabyo birimo kuba dore ko akenshi bikunze kuba ku bagabo.

Nkuko tubikesha kinyamakuru gikorera cya Clevellandclinic.org, kivuga ko ubu ari uburwayi bujyanye n’imisinzirire ya muntu, aho umuntu arota arimo  gutera akabariro ndetse akanishima nkuri mu gikorwa cya nyacyo ,ku buryo aba muri hafi bumva asohora amajwi nkuwanejejwe nicyo gikorwa cyane cyane iyo ari umukobwa.

Nkuko hari abantu bamwe barota  ariko bakanguka ugasanga ntibabyibuka ,niko n’abafite uburwayi bwa Sexsomnia bigenda bashobora gukanguka babyibuka cyangwa se babyibagiwe.

Iki kinyamakuru kigira abantu inama ko mu gihe wiyiziho ko ufite ubu burwayi, ubwira uwo mubana akazajya akurikirana imyitwarire ugira mu ngihe urimo kubirota ndetse byaba byiza akanabyandika kuko bifasha abaganga mu buvuzi baguha.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwihaniza Man U, Arsenal irongeye itanze ibyishimo ku bafana bayo

Urutonde rw’abakobwa baterwa inda ntibamenye abazibateye narwo rwasohotse