in

“Niba gucuruza ikumbas1 yacu bibahombya, nimudusoreshe” Indaya zo mu Mujyi wa Kigali zirasaba Leta kuziha umudendezo zikazunguza ibyabo nta bwoba – VIDEWO

“Niba gucuruza ikumbas1 yacu bibahombya, nimudusoreshe” Indaya zo mu Mujyi wa Kigali zirasaba Leta kuziha umudendezo zikazunguza ibyabo nta bwoba.

Abakora umwuga wo kwicuruza barasaba Leta kubashakira indi mikorere cyangwa ikabaha amahoro bagakora umwuga wabo nta kibazo.

Aba bavuga ko Leta yabareka bagakora mu mudendezo kandi yabona babahombya bakabasaba imisoro.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu myenda y’abagororwa, uwibye iPhone ya Mugisha Benjamin agaruwe mu rukiko kuburana urwa ndanze

Umuntu wareze umunyamakuru Manirakiza Théogène yandikiye urukiko ibaruwa yihutirwa mbere y’uko bamukatira ivuga ko yamubabariye ariko Theogene yigiriza nkana ngo ntambabazi ashaka