in

Ni umwe mu bagabo bahinduye ubuzima bwange! Umuhanzi Roskana yasutse amarangamutima ye kuri Element amubwira amagambo yuzuye urukundo ku isabukuru ye

Umuhanzi ukiri mushya muri muzika nyarwanda uzwi kw’izina rya Roskana wamenyekanye mu ndirimbo Foi de toi yakoranye na Element ndetse na Bruce Melodie yasutse amarangamutima ye kuri Element.

Kuri uyu munsi nibwo yari isabukuru yamavuko ya Element ukomeje kwigarurira imitima ya benshi mu magambo yuzuye gushimagiza Roskana yageneye ubutumwa Element

Yagize ati:” Ni umwe mu bagabo bahinduye ubuzima bwange abushyira kurundi rwego, Urakoze maraso, Usibye ibyo, uyumunsi ni umunsi wamavuko ye, Nishimiye gukura kwawe umwanya munini! Wuzure umunezero, amahoro n’urukundo! Turagukunda rwose! Isabukuru nziza “

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tombora ya CAF Champions League: APR FC izabanza kwasa ikibonobono! APR Fc yatomboye neza muri CAF Champions League gusa izakurikizaho ikipe y’ubukombe muri Africa

Icyo wamenya ku ikipe igiye kuzatana mu mitwe na APR FC mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League nubwo ishobora kugarukira aho