in

“Ni dawa” Umuvetera Cristiano Ronaldo yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwisiga ihina ku nzara ze

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Portugal na AL Nasr, Cristiano Ronaldo yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye nyuma yo kugaragara yisize ihina ku nzara ze.

Ifoto yafashwe uyu musore usigaye witwa umuvetera kubera shampiyona asigaye akinamo, yerekana yicaye muri sauna ari nako inzara ze zose zo kumano zisize ihina.

Iyi foto yasohowe n’ikinyamakuru the Mirror binyuze ku rukuta rwa Facebook aho abayibonye bagiye batanga ibitekerezo bitandukanye.

Ababonye iyo foto bagiye bavuga ko ari umukobwa we wayamusize ndetse hari n’abandi batatinye kuvuga ko ari izindi mbaraga yifashisha kugira ngo abone umusore.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Farida Kajala yagaragaye afite ishakoshi ikozwe mu buryo budasanzwe – AMAFOTO

Inkuru nziza cyane utagomba gucikwa kuri Tom Close uzwiho imitoma