in

“Ni akazi kawe urasubirayo!” Ndimbati yatumye abantu bamugirira impuhwe nyuma yo kugaragara yahuje urugwiro n’uwo yita umukobwa we – IFOTO

Uwihoreye Jean Bosco wamenyekanye muri sinema Nyarwanda ku izina rya Ndimbati, yatumye abantu bamugirira impuhwe nyuma yo kugaragara ari kumwe n’uwo yita umukobwa we.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Ndimbati yasangije abamukurikira ifito ari kumwe n’umukobwa avuga ko ari umukobwa we. Yagize ati “Komeza uganze mukobwa wanjye.”

Iyi foto yatumye bamwe mu bamukurikira bamugirira impuhwe kubera ko mu myaka 2 ishize yari yafunzwe azira gusambanya umwana utarageza imyaka y’ubukure anamutera inda, gusa yaje kururokoka gusa yemeye ko yateye inda uwo mukobwa kandi akuzu.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Leandre Willy Essomba Onana mu nzira zigaruka i nyarugenge nyuma yo gukora ikosa rikomeye yakundaga gukora muri Rayon Sports

Umutoza wa Rayon Sports yirukanye umukino ukomeye mu bandi bakinnyi kubera ibyo yakoze ntabyishimire