in

Ngororero : RIB yataye muriyombi Abaganga 2 bakurikiranyweho kugira uruhare mu kwica uruhinja.

Urwego rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muriyombi ababyaza 2 aribo Hagenimana Jean Paul w’imyaka 28 na Nyiranjemubandi Vestine w’imyaka 38 hari tariki hari 20 Mutarama 2024 bari bakurikiranyweho icyaha cyo gukomeretsa umwana bikamuviramo Gupfa.

Aba bakozi bari abo ibitarobya Kabaya bivungwa ko bakimara gukora icyo cyaha bashinjwa bahise batoroka kugeza igihe RIB ibashakishije ikpabata muriyombi.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musore nawe mugabo waruziko kureba amabere y’abakobwa cyangwe abagore cyane byongera iminsi yo kubaho?

Dore ibintu byagufasha gutuma ubuzima bwawe bumera neza kurushaho muri 2024