in

Musore nawe mugabo waruziko kureba amabere y’abakobwa cyangwe abagore cyane byongera iminsi yo kubaho?

Umugabo w’umudage Dr Karen Weatherby yagaragaje ko byibuze Abagabo bareba amabere y’Abagore babo iminota icumi kuzamura baba bafite ubuzima bwiza ugereranyije nabatabikora.

Ikinyamaku Vanguard gitangaza ko uyu mushakashatsi Dr Karen Weatherby yagitangarije ko byibuze mu bagabo 500 bakoreweho ubushakashatsi bwagaragaje ko byibuze 1/2 cyabo bavuze ko bitegereza amabere y’abagore buri munsi bafite ubuzima bwiza ugereranyije n’abatabikora.

ibi byatumye hanemenzwa ko umugabo ukunda kureba amabere y’umugore cyangwa akayaryamamo, bimuruhura ubwonko, akabasha gukira n’umunaniro ukabije cyandwa indwara y’umujagararo ” Stress”.

hakiyongeraho ko noneho umugabo Wonka amabere y’umugore mugihe bari guterwa akabariro bibashimisha, cyangwa bamwe bagashimishwa no kuyakoraho igihe kinini bikabatera akanyamuneza n’ibyishimo ubushake bwinshi bugaragaza ko bibatera kuramba.

gusa abashakashatsi bagira inama Abagabo kwirinda kureba amabere y’abagore batari ababo kugirango hirindwe gucana inyuma.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video y’igitego cyateje impagarara gitsinzwe APR FC : Icyibazo cy’imisifurire mu Rwanda cyizakemurwa nande?, ryari?

Ngororero : RIB yataye muriyombi Abaganga 2 bakurikiranyweho kugira uruhare mu kwica uruhinja.