in

“Nge nar’indaya uyu ar’imbobo” Pastor na Mama Pastor batangaje abantu ubwo bavuga uburyo bahuye (Amashusho)

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umu pastor ndetse na Mama Pastor biyemerera ko umwe yari indaya undi ari imbobo.

Aba bombi bahuriye muri uwo mwuga w’amabi ndetse baza kunga ubumwe barabana ubundi bava muri uwo mwuga w’ibyaha bayoboka inzira nziza yo gusakaza ubutumwa bwiza.

Gusa abantu bamwe na bamwe bavuga ko nubwo bavuye muri uwo mwuga bagifite imico yaho kubera imvugo bakoresha.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ashobora kuba ahinga urumogi muri Nyungwe, Turahirwa Moses ibye bikomeje kuba ikibazo cy’ingutu

Aracyamukunda disi! Oprah wakanyujijeho na nyakwigendera Katauti yabwiye umwana we umuntu yakwifuza ko Imana yazura akagaruka mu buzima