in

Ashobora kuba ahinga urumogi muri Nyungwe, Turahirwa Moses ibye bikomeje kuba ikibazo cy’ingutu

Ashobora kuba ahinga urumogi muri Nyungwe, Turahirwa Moses ibye bikomeje kuba ikibazo cy’ingutu

Mu isomwa ry’urubanza umunyamideri Turahirwa Moses aregwamo n’ubushinjacyaha havuzwe ko bikekwa ko Turahirwa yaba ahinga urumogi mu ishyamba rya Nyungwe.

Ubushinjacyaha busaba ko akurikiranwa afunzwe kugira ngo ibyo bizasuzumwe.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Uwamubona mu bigofero n’ibigutiya akinana nti wakeka ko aberwa bigeze aha’ mu ikanzu nziza itamwambitse ubusa Rufonsina yagaragaye bitandukanye nuko benshi bamuzi (AMAFOTO)

“Nge nar’indaya uyu ar’imbobo” Pastor na Mama Pastor batangaje abantu ubwo bavuga uburyo bahuye (Amashusho)