in

Aracyamukunda disi! Oprah wakanyujijeho na nyakwigendera Katauti yabwiye umwana we umuntu yakwifuza ko Imana yazura akagaruka mu buzima

Irene Uwoya wamamaye nka Oprah muri Sinema muri Tanzania, yagaragaje ko Imana imuhitishijemo umuntu umwe yazura, yavuga Ndikumana Hamad Katauti wari umugabo we ndetse banabyaranye.

Ibi Irene yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umwana wabo witwa Ndikumana Krish, cyiswe ‘The Sentence’.

Muri iki kiganiro Ndikumana Krish yabajije nyina ibibazo bitandukanye by’umwihariko ibijyanye n’umubano yari afitanye na se witabye Imana mu 2017.

Ndikumana Krish yabajije nyina umuntu umwe ashobora kuzura mu bapfuye mu gihe yaba ahawe ubwo bushobozi n’Imana.

Mu gusubizwa, Irene Uwoya ati “Nahitamo papa wawe kandi twakongera kuba umuryango. N’ubu ndacyafite uburibwe kandi ndamukumbura.”

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nge nar’indaya uyu ar’imbobo” Pastor na Mama Pastor batangaje abantu ubwo bavuga uburyo bahuye (Amashusho)

Aba afite n’akiryo sha! Umunyamakuru Reagan uzwiho kuvuga cyane yerekanye ikindi kintu ashoboye kuko aba akora n’udukoryo